hervera akazina kawe şarkı sözleri

Wansuhuje ntakuzi Uraza wicara iruhande rwanjye Hari umunsi ntazibagirwa Ubwo nari nicaye ahantu nduhuka Hari uwo nabonye waje ansanga Yarakeye ahantu hose Ndatungurwa numva amamagara Njyewe nkagirango ndikurota Ni wowe nabonye waje kuba inshuti yanjye Ndagukunda nkubera umukunzi Nshaka kurushaho ku kumenya Birandenga nkajya mpora ngutekereza Indoro yawe, amaso yawe Bishimisha umutima wanjye Wansuhuje ntakuzi, uraza wicara iruhande rwanjye Uranyegera mbura uko mbigenza, nkakubona uri kunsekera Turaganira ndibaza, nshaka kumenya ngo urinde Nkureba neza nkwitegereje, maze umbwira akazina kawe Uwo munsi waranyibwiye Unyiyereka usa nkaho usanzwe unzi Ndatangara nkabona ugira umutima mwiza Ariko ukavugisha utakuzi Gusa waje kuba inshuti yanjye Ndagukunda nkubera umukunzi Ntabwo ntakubajije byinshi Narakubonye gusa ndanyurwa Uranyura, ibyo ukora biranyura Nkumva rwose binyuzuza Indoro yawe, amaso yawe Bishimisha umutima wanjye Wansuhuje ntakuzi, uraza wicara iruhande rwanjye Uranyegera mbura uko mbigenza, nkakubona uri kunsekera Turaganira ndibaza, nshaka kumenya ngo urinde Nkureba neza nkwitegereje, maze umbwira akazina kawe Wambwiye akazina kawe Nishimira ku kumenya Wambwiye akazina kawe Nishimira kumenya akazina kawe Wansuhuje ntakuzi, uraza wicara iruhande rwanjye Uranyegera mbura uko mbigenza, nkakubona uri kunsekera Turaganira ndibaza, nshaka kumenya ngo urinde Nkureba neza nkwitegereje, maze umbwira akazina kawe.
Sanatçı: Hervera
Türü: Belirtilmemiş
Ajans/Yapımcı: Belirtilmemiş
Şarkı Süresi: 3:22
Toplam: kayıtlı şarkı sözü
Hervera hakkında bilgi girilmemiş.

Fotoğrafı