nadia milynga irasubiza (feat. adeline kaneza) şarkı sözleri
Hari mugitondo, izuba rirashe
Nibwo nabony' ubwiza bw' Imana
Bumurikira,
Ndapfukama ndasenga
Mbwir' Iman' ibingora
Nayo ntiyatinda kunyumva
Iransubiza
Hari mugitondo, izuba rirashe
Nibwo nabony' ubwiza bw' Imana
Bumurikira,
Ndapfukama ndasenga
Mbwir' Iman' ibingora
Nayo ntiyatinda kunyumva
Iransubiza
Ur' Iman' isubiza, ibibazo byacu
Ur' Iman' idahwema
Kutw' umv' iyo dusenga
Ntacyo twakwishoboza
Tutarikumwe nawe
Ubuntu bwawe k' ur' Imana
Buduhoreh' uyu munsi
Ur' Iman' isubiza, ibibazo byacu
Ur' Iman' idahwema
Kutw' umv' iyo dusenga
Ntacyo twakwishoboza
Tutarikumwe nawe
Ubuntu bwawe k' ur' Imana
Buduhoreh' uyu munsi
Ese nind' utavuga
K' ur' Imana y' ukuri
Ese nind' utavuga
K' ushoboye byose
Har' ibyinshi, twasize inyuma
Kandi byinshi
Byari gutwar' ubuzima bwacu
Ariko kubwawe mwami
Ubu turi bazima.
Ur' Iman' isubiza, ibibazo byacu
Ur' Iman' idahwema
Kutw' umv' iyo dusenga
Ntacyo twakwishoboza
Tutarikumwe nawe
Ubuntu bwawe k' ur' Imana
Buduhoreh' uyu munsi
Ur' Iman' isubiza, ibibazo byacu
Ur' Iman' idahwema
Kutw' umv' iyo dusenga
Ntacyo twakwishoboza
Tutarikumwe nawe
Ubuntu bwawe k' ur' Imana
Buduhoreh' uyu munsi
Niwe tangiriro niherezo
Ni Alpha na Omega
Gutabarwa kwanjye kuva kuri we
Sinabon' icyo muha
Kuko byose abifite
Numwami w' abami arakomeye
Ubuntu bwawe k' ur' Imana
Buduhoreh' uyu munsi
Ubuntu bwawe k' ur' Imana
Buduhoreh' uyu munsi.
Ur' Iman' isubiza, ibibazo byacu
Ur' Iman' idahwema
Kutw' umv' iyo dusenga
Ntacyo twakwishoboza
Tutarikumwe nawe
Ubuntu bwawe k' ur' Imana
Buduhoreh' uyu munsi
Ur' Iman' isubiza, ibibazo byacu
Ur' Iman' idahwema
Kutw' umv' iyo dusenga
Ntacyo twakwishoboza
Tutarikumwe nawe
Ubuntu bwawe k' ur' Imana
Buduhoreh' uyu munsi

