nadia milynga irasubiza (feat. adeline kaneza) şarkı sözleri

Hari mugitondo, izuba rirashe Nibwo nabony' ubwiza bw' Imana Bumurikira, Ndapfukama ndasenga Mbwir' Iman' ibingora Nayo ntiyatinda kunyumva Iransubiza Hari mugitondo, izuba rirashe Nibwo nabony' ubwiza bw' Imana Bumurikira, Ndapfukama ndasenga Mbwir' Iman' ibingora Nayo ntiyatinda kunyumva Iransubiza Ur' Iman' isubiza, ibibazo byacu Ur' Iman' idahwema Kutw' umv' iyo dusenga Ntacyo twakwishoboza Tutarikumwe nawe Ubuntu bwawe k' ur' Imana Buduhoreh' uyu munsi Ur' Iman' isubiza, ibibazo byacu Ur' Iman' idahwema Kutw' umv' iyo dusenga Ntacyo twakwishoboza Tutarikumwe nawe Ubuntu bwawe k' ur' Imana Buduhoreh' uyu munsi Ese nind' utavuga K' ur' Imana y' ukuri Ese nind' utavuga K' ushoboye byose Har' ibyinshi, twasize inyuma Kandi byinshi Byari gutwar' ubuzima bwacu Ariko kubwawe mwami Ubu turi bazima. Ur' Iman' isubiza, ibibazo byacu Ur' Iman' idahwema Kutw' umv' iyo dusenga Ntacyo twakwishoboza Tutarikumwe nawe Ubuntu bwawe k' ur' Imana Buduhoreh' uyu munsi Ur' Iman' isubiza, ibibazo byacu Ur' Iman' idahwema Kutw' umv' iyo dusenga Ntacyo twakwishoboza Tutarikumwe nawe Ubuntu bwawe k' ur' Imana Buduhoreh' uyu munsi Niwe tangiriro niherezo Ni Alpha na Omega Gutabarwa kwanjye kuva kuri we Sinabon' icyo muha Kuko byose abifite Numwami w' abami arakomeye Ubuntu bwawe k' ur' Imana Buduhoreh' uyu munsi Ubuntu bwawe k' ur' Imana Buduhoreh' uyu munsi. Ur' Iman' isubiza, ibibazo byacu Ur' Iman' idahwema Kutw' umv' iyo dusenga Ntacyo twakwishoboza Tutarikumwe nawe Ubuntu bwawe k' ur' Imana Buduhoreh' uyu munsi Ur' Iman' isubiza, ibibazo byacu Ur' Iman' idahwema Kutw' umv' iyo dusenga Ntacyo twakwishoboza Tutarikumwe nawe Ubuntu bwawe k' ur' Imana Buduhoreh' uyu munsi
Sanatçı: Nadia milynga
Türü: Belirtilmemiş
Ajans/Yapımcı: Belirtilmemiş
Şarkı Süresi: 5:33
Toplam: kayıtlı şarkı sözü
Nadia milynga hakkında bilgi girilmemiş.

Fotoğrafı